INYANDIKO YEREKEYE KURINDA AMAKURU BWITE N’IMIBEREHO BWITE BY’UMUNTU
Twubahiriza uburenganzira bwanyu ku mibereho bwite, tubuha agaciro gakomeye kandi turinda imibereho bwite yanyu, dukora ibishoboka byose kugira ngo umutekano w’amakuru bwite yanyu urindwe mu buryo bukomeye.
Twiyemeza gutunganya amakuru bwite yanyu mu buryo butabogamye kandi bunyuze mu mucyo. Iyi nyandiko yerekeye kurinda amakuru bwite n’imibereho bwite isobonura uburyo dutunganya amakuru bwite aberekeyeho. Isobanura uburenganzira bwanyu bwerekeranye n’amakuru bwite dutunganya kandi havugwamo ibyo twiyemeza igihe dutunganya amakuru bwite mu buryo bwubahiriza amategeko n’amahame agenga imyifatire myiza kandi mu mutekano.
Turi ba nde?
Turi MTN Rwandacell PLC.
Muri iyi nyandiko yerekeye imibereho bwite iyo tuvuze “MTN”, “Yacu”, “Bacu”, “Byacu” “Twe”, “Zacu” tuba tuvuga MTN Rwandacell PLC n’ibigo biyishamikiyeho.
Ese iyi nyandiko igenewe bande?
Iyi nyandiko igenewe abantu bakurikira:
Amagambo y’ingenzi ukwiye gusobanukirwa igihe usoma iyi nyandiko.
| Amakuru bwite | Amakuru yose yerekeye umuntu ku giti cye uzwi cyangwa ushobora kumenyekana, mu buryo buziguye cyangwa butaziguye, by’umwihariko hashingiwe ku kimuranga nk’izina, nomero imuranga, aho aherereye, ikimuranga mu buryo koranabuhanga cyangwa hashingiwe ku kintu kimwe cyangwa byinshi byihariye biranga imiterere y’umubiri we, imitekerereze ye, inkomoko ye, ubuzima bwe bwo mu mutwe, ubukungu, umuco cyangwa imibereho y’uwo muntu ku giti cye. |
| Amakuru bwite y’ibanga | Ni Amakuru agaragaza isanomuzi y’umuntu, uko ubuzima bwe buhagaze, ko yafunzwe cyangwa atafunzwe, dosiye ye yo kwa muganga, inkomoko ye mu muryango, imyemerere ye ishingiye ku idini cyangwa ku mitekerereze, ibitekerezo bye bya politiki, amakuru ndangasano cyangwa ay’imiterere ye, imibereho bwite y’amahitamo mpuzabitsina cyangwa umwirondoro w’umuryango. |
| Za “Cookies” | Ni fishiye igizwe n’inyandiko nto ituruka ku rubuga rwacu ikirema kuri mudasobwa cyangwa ku gikoresho koranabuhanga cyanyu igihe musuye bimwe mu bice by’urubuga rwacu cyangwa iyo mukoresheje bimwe mu bigize urubuga rwacu. Amakuru arambuye yerekeye inyandikonyakwirema (cookies) zikoreshwa n’urubuga rwacu avugwa hasi aha. |
| Umugenzuzi w’amakuru | Umuntu ku giti cye, ikigo cya Leta cyangwa icy’abikorera cyangwa urwego bifite ubuzimagatozi, habaho cyangwa hatabaho ubufatanye, bitunganya amakuru bwite kandi bikagena uburyo bwo kuyatunganya. Ku byerekeranye n’iyi nyandiko yerekeye imibereho bwite, nitwe bagenzuzi b’amakuru yanyu. |
| Gutunganya amakuru bwite | Igikorwa kimwe cyangwa ibikorwa byinshi, bikozwe ku makuru bwite hakoreshejwe uburyo bw’ikoranabuhanga bwikoresha cyangwa bukoreshwa, harimo kugera, kubona, gukusanya, kwandika, kunoza, kubika, guhuza cyangwa guhindura, kugarura, gusubiza, guhisha, kwifashisha, gukoresha, kumenyesha amakuru yerekeye umuntu ku giti cye ahererekanijwe, kuyahanahana, kuyahererekanya cyangwa kuyatanga, kuyagurisha, kubuza imikoreshereze yayo, kuyasiba cyangwa kuyasenya, kuyatesha agaciro cyangwa kuyangiza. |
| Utunganya amakuru (cyangwa utanga serivise) | Ni umuntu ku giti cye cyangwa ikigo cya Leta icy’abikorera cyangwa urwego, utunganya amakuru mu izina ry’umugenzuzi w’amakuru. Dushobora gukoresha serivise z’abatanga serivise banyuranye kugira ngo dutunganye amakuru bwite yawe mu buryo bunoze kurushaho. |
| Nyiri ubwite | Ni umuntu wese uriho ushobora gutangwaho amakuru bwite |
| Ukoresha amakuru | Umuntu ku giti cye, ikigo cya Leta cyangwa icy’abikorera cyangwa urwego bifite ubuzimagatozi bikoresha cyangwa bisaba serivise yo gutunganya amakuru bwite. |
| Ni ayahe makuru bwite MTN ikusanya kandi ikoresha? |
MTN ikusanya amakuru bwite yanjye iyakuye he?
Ni iyihe mpamvu MTN ikoresha amakuru bwite yanyu?
Ese MTN yemerewe gutunganya amakuru yanjye bwite?
Igihe cyose hari ishingiro ryo mu rwego rw’amategeko, twemerewe gutunganya amakuru bwite yanyu (urugero amategeko akurikizwa muri MTN yemera ko hatunganywa amakuru bwite yanyu ndetse na politiki MTN igenderaho zemera ko ayo makuru atunganywa). Iyo dutunganya amakuru bwite yanyu, iyo dusanze bikwiye bitewe n’icyo itunganya ry’amakuru rigamije, dushingira kuri kimwe muri ibi mu rwego rw’amategeko:
Ese guha MTN amakuru bwite igusaba ni itegeko?
Buri gihe si ngombwa ko uduha amakuru bwite tugusabye. Cyakora, hari ubwo iyo utaduhaye amakuru bwite runaka, by’umwihariko igihe twayagusabye, bishobora gutuma hari ibyo tutagukorera birimo:
Ese MTN itunganya amakuru bwite yanjye mu buryo bwikoresha?
Nta cyemezo MTN ifata mu buryo bwikoresha (harimo no gukora ishusho y’amakuru) cyabagiraho ingaruka zo mu rwego rw’amategeko cyangwa kikabagiraho indi ngaruka ikomeye nk’iyo. Iyo bigeze aho hakaba impinduka, turabamenyesha kandi tugahindura iyi nyandiko yerekeranye n’imibereho bwite dukurikije ibyahindutse.
Ese MTN imarana igihe kingana iki amakuru bwite yanjye?
Ntituzakomeza kubika amakuru bwite yanyu igihe kirekire keretse ku mpamvu yatumye ayo makuru bwite atunganywa: kubika amakuru bwite biteganywa cyangwa bitegekwa n’amategeko akurikizwa muri ako gace.
Ese MTN yahererekanya amakuru bwite yanjye n’abandi bantu?
Yego, iyo bibaye ngombwa dusangiza amakuru bwite abandi bantu/ibigo bidushamikiyeho bitewe n’ibyo dukeneye mu bucuruzi bifite ishingiro, dushakira igisubizo ibyo mwasabye iyo bikurikije cyangwa byemewe n’amategeko. Muri bo hari mo:
Abishingizi: Ubucuruzi bwacu bukenera ko ibikorwa byacu by’ubucuruzi byishingirwa mu buryo bukomeye. Hari abantu batandukanye benshi bagira uruhare mu bwishingizi (Urugero, abahuza mu bwishingizi, abishingizi n’ababishingira ndetse n’abajyanama babo mu by’akazi n’abandi bantu bagira uruhare igihe havutse ikibazo). Bizaba ngombwa ko tumenyesha bamwe mu bari muri iryo soko ry’ubwishingizi amakuru bwite aberekeyeho. Ayo makuru akoreshwa n’abari mu isoko ry’ubwishingizi uwishingirwa asinya amasezerano no mu rwego rwo gukomeza gucunga igikorwa cy’ubwishingizi igihe havutse ikibazo cy’ubwishingizi kikureba no gutuma umwishingizi n’uwishingirwa buzuza inshingano zabo ziteganywa n’amategeko n’amabwiriza. Bamwe muri aba barebwa n’igikorwa cy’ubwishingizi bakoresha ayo makuru mu izina ryacu (kimwe n’abaduha serivise twavuze) ariko abandi bashobora gutunganya amakuru yanyu bo ubwabo tutabibabwirije.
Ni ubuhe burenganzira bwanjye?
Ese MTN ishobora guhanahana amakuru bwite yanjye ku rwego mpuzamahanga?
MTN ishobora gutanga amakuru bwite yawe cyangwa andi makuru cyangwa amakuru yakusanyijwe, yabitswe kandi yatunganyijwe ku rundi rwego urwo ari rwo rwose cyangwa abandi bantu bari hanze y’igihugu ikoreramo ari uko bikenewe, ku mpamvu z’ubucuruzi zumvikana hagamijwe kuguha serivise. Aha hashobora no kubamo guha amakuru ahurijwe hamwe mu byiciro abandi bantu bagiranye amasezerano na MTN kugira ngo babafashe kumva neza uburyo dukora hanyuma babone kuguha serivise zinoze. Igihe MTN isangije amakuru bwite abandi bantu, ifata ingamba zikwiye zumvikana zo mu rwego rw’imikorere, urwa tekiniki n’umutekano maze hagakorwa ibishoboka kugira ngo wa muntu wundi arindire amakuru umutekano kandi ingamba zikurikize amahame n’amabwiriza byo kurinda amakuru.
Ese MTN irinda ite umutekano w’amakuru bwite yanjye?
MTN irinda ubusugire n’ibanga by’amakuru bwite ifite cyangwa igenzura ishyiraho ingamba zikwiye, zumvikana zo mu rwego rwa tekiniki n’urw’imikorere zo gukumira:
Bimwe mu byo MTN ikora itunganya amakuru, ifata ingamba zikwiye zo gutahura no gusuzuma mu buryo buhoraho ingorane zose z’imbere mu kigo no hanze yacyo zishobora kubaho ku makuru bwite ifite cyangwa igenzura no gushyiraho ingamba z’umutekano zumvikana kandi zikwiye zo mu rwego rwa tekiniki n’urw’imikorere zo kwirinda izo ngorane zatahuwe.
Ese MTN ibigenza ite iyo habaye ivogerwa ry’amakuru bwite?
N’ubwo MTN ishyira mu bikorwa ingamba zikwiye zo gukumira cyangwa kugabanya ko hashobora kubaho ivogerwa ry’amakuru bwite ndetse n’ingaruka bishobora kugira, izo ngaruka ntizishobora kuvanwaho burundu. Iyo MTN imenye cyangwa iketse mu buryo bwumvikana ko habayeho ivogerwa ry’amakuru bwite cyagwa se ko ubusugire n’ibanga by’amakuru bwite byabangamiwe, ikurikiza politike zayo zerekeye uburyo n’imicungire by’ibibazo n’inyandiko ziyiherekeje bigenga gushakira umuti ikibazo cy’ivogerwa ry’amakuru bwite no kubivuga byabaye.
Iyo MTN itunganya amakuru bwite aberekeyeho, muba mufite uburenganzira bukurikira:
Ushobora gusaba MTN cyangwa ugakoresha ubu burenganzira uhamagara cyangwa wandikira MTN kuri dataprivacyoffice.rw@mtn.com . Tuzakora ibishoboka byose kandi bikwiye dusubize icyifuzo cyawe igihe cyose cyubahirije amategeko na politiki by’ikigo.
Hanyuma kandi, igihe cyose ufite uburenganzira bwo gutanga ikirego ku rwego rugenzura rushinzwe kurinda amakuru bwite. Ibiro bishinzwe kurinda amakuru bwite bibarizwa aha hakurikira:
Agasanduku k’iposita: 21 KG 7 Ave, Kacyiru, Kigali-Rwanda
Duhamagare cyangwa utwandikire.
Niba hari ibibazo cyangwa ibyifuzo ufite byerekeranye n’iyi nyandiko irebana n’imibereho bwite kandi ukaba wifuza amakuru yisumbuye ku buryo turinda amakuru yawe cyangwa wifuza kuvugana n’ibiro by’aho mutuye birinda amakuru bwite (DPO), utwoherereze imeyiri kuri dataprivacyoffice.rw@mtn.com
Impinduka kuri politiki yerekeye ubuzima bwite
MTN ishobora kugenda ihindura iyi Nyandiko yerekeye ubuzima bwite kugira ngo ijyane n’imikorere y’iki gihe ku mibereho bwite. Iyo dukoze impinduka kuri iyi nyandiko, ku mutwe wayo, duhindura itariki “tukayihuza n’iyo byakoreweho” kandi tukumenyesha impinduka yose ikugiraho ingaruka binyuze mu nzira zikwiye nk’izo dusanzwe duhanamo amakuru.
WHAT ARE COOKIES?
Cookies are a small text files that are stored in your web browser that allows MTN Rwanda or a third party to recognize you. Cookies can be used to collect, store, and share bits of information about your activities across websites, including on MTN Rwanda’s website.
Cookies might be used for the following purposes:
• To enable certain functions
• To provide analytics
• To store your preferences
• To enable ad delivery and behavioural advertising
MTN Rwanda may use both session cookies and persistent cookies.
A session cookie is used to identify a particular visit to our website. These cookies expire after a short time, or when you close your web browser after using our website. We use these cookies to identify you during a single browsing session, such as when you log into our website.
A persistent cookie will remain on your devices for a set period of time specified in the cookie. We use these cookies where we need to identify you over a longer period. For example, we would use a persistent cookie if you asked that we keep you signed in.
How do third parties use cookies on the MTN Rwanda website?
Third party companies like analytics companies and ad networks generally use cookies to collect user information on an anonymous basis. They may use that information to build a profile of your activities on the website.
What are your cookies options?
If you don’t like the idea of cookies or certain types of cookies, you can change your browser’s settings to delete cookies that have already been set and to not accept new cookies. To learn more about how to do this, visit the help pages of your browser.
Please note, however, that if you delete cookies or do not accept them, you might not be able to use all of the features we offer, you may not be able to store your preferences, and some of our pages might not display properly.
We respect your right to privacy, it is very important to us, and we take the protection of your privacy and ensuring the security of your Personal Data very seriously.
We are committed to the fair and transparent Processing of your Personal Data. This Privacy Notice describes how we Process your Personal Data, explains your rights in relation to the Personal Data we Process, and states our commitment when Processing your Personal Data in a compliant, ethical and secure manner.
We are MTN Rwandacell PLC.
In this privacy notice “MTN”, “we”, “our” and “us” refers to
MTN Rwandacell PLC and its subsidiaries.| Who does this notice apply to? |
This notice applies to individuals that are:
Personal Data |
means any information relating to an identified or identifiable natural person who can be identified, directly or indirectly, in particular by reference to an identifier such as a name, an identification number, location data, an online identifier, or to one or more factors specific to the physical, psychological, genetic, mental, economic, cultural, or social identity of that natural person. |
Sensitive Personal Data |
means any information revealing a person’s race, health status, criminal records, medical records, social origin, religious or philosophical beliefs, political opinion, genetic or biometric information, sexual life, or family details. |
Cookies |
means a small text file placed on your computer or device by Our Site when you visit certain parts of Our Site and/or when you use certain features of Our Site. Details of the Cookies used by Our Site are set out below. |
Data Controller |
means a natural or legal person who (either alone or jointly or in common with other persons) determines the purposes for which and the way any personal data are or are to be, processed. For this Privacy Policy, we are a Data Controller of your data. |
Processing |
Any operation or set of operations which is performed on Personal Data or on sets of Personal Data, whether or not by automated means, including collection, receipt, recording, organization, structuring, collation, storage; adaptation or alteration, updating, retrieval, consultation, use, dissemination, disclosure by means of transmission; or otherwise making available, alignment or combination, merging, restriction, erasure, destruction, and/or degradation. |
Data Processor (or Service Provider) |
means any natural or legal person who processes the data on behalf of the Data Controller. We may use the services of various Service Providers to process your data more effectively. |
Data Subject |
is any living individual who is the subject of Personal Data |
User |
means the individual using our Service. The User corresponds to the Data Subject, who is the subject of Personal Data |
| What Personal Data does MTN collect and use? |
| Where does MTN collect my Personal Data from? |
In most circumstances we collect Personal Data directly from you, for instance, when you acquire our SIM card, when you buy or use any of our products or services, visit our website, or interact with our customer services departments.
In some instances, however, we will also collect your Personal Data indirectly from third parties. And MTN will ensure that proper steps are taken.
| For what purposes does MTN use your Personal Data? |
| Is MTN allowed to Process my Personal Data? |
We are allowed to Process your Personal Data, so long as we have a legal basis to do so (i.e. there is a justification to Process your Personal Data in terms of laws applicable to MTN and/or our policies permit such Processing). When we Process your Personal Data, we will rely on one of the following legal bases, as appropriate, having regard to the purpose of Processing:
| Is it mandatory to provide MTN the Personal Data asked for? |
It is not mandatory for you to provide any Personal Data to us. However, failing to provide certain Personal Data to us, particularly where that Personal Data has been requested by us may impact our ability to, amongst other things:
| Does MTN Process my Personal Data automatically? |
MTN does not perform any automated decision-making (including profiling) which results in legal consequences for you and/or which affects you in a similarly significant manner. Should this change in the future, we will notify you and update this privacy notice accordingly.
| How long does MTN keep my Personal Data for? |
We will not retain your Personal Data for any longer than is necessary for achieving the purpose(s) for which the Personal Data is Processed, unless:
We will ensure that Personal Data that is no longer required, or which we are no longer authorized to retain, is as soon as reasonably practicable, de-identified, or destroyed through secure means, alternatively through permanent erasure by appropriate and effective mechanisms.
| Does MTN transfer my Personal Data to third parties? |
Yes, we do share Personal Data with affiliated third parties, as necessary for our legitimate business needs, to carry out your requests, and/or as required or permitted by law. This would include:
| Does MTN transfer my Personal Data internationally? |
MTN may transfer your personal information or other information, or data collected, stored, and processed to any other entity or third party located outside the country of service, only if necessary, for legitimate business purposes for providing services to you. This may also include sharing aggregated information with third parties contracted to MTN for them to understand our environment and consequently, provide you with better services. While sharing your personal information with third parties, reasonable organizational, technical, and security measures shall be taken to ensure that reasonable security practices are followed by the third party and are in line with the Data Protection Principles and Regulations
| How does MTN secure my Personal Data? |
MTN secures the integrity and confidentiality of the Personal Data in its possession or under its control by implementing appropriate, reasonable technical, physical, and organizational measures to prevent:
As part of its processes, MTN takes reasonable measures to regularly identify and assess all reasonably foreseeable internal and external risks to Personal Data in its possession or under its control and implements reasonable and appropriate technical, physical, and organizational security measures to protect against the identified risks.
| How does MTN handle Personal Data Breaches? |
While MTN implements reasonable measures to prevent or reduce the likelihood and impact of Personal Data Breaches, this risk can’t be completely eliminated. If MTN becomes aware of or reasonably suspects a Personal Data Breach has occurred or that the integrity or confidentiality of Personal Data has been compromised, MTN adheres to its incident management Policies, Procedures and supporting documents governing the handling and reporting of Personal Data Breaches.
| What are my rights? |
You can make a request or exercise these rights by contacting MTN at dataprivacyoffice.rw@mtn.com and we will make all reasonable and practical efforts to comply with your request, so long as it is consistent with applicable law and internal policies.
Finally, you always have the right to lodge a complaint with the supervisory authority in charge of protecting Personal Data, the Data protection office, whose contact details are:
MTN may modify this Privacy Notice from time to time to reflect our current privacy practices. When we make changes to this notice, we will revise the “effective” date at the top of this notice and any changes affecting you will be communicated to you through an appropriate channel, depending on how we normally communicate with you.
If you have any questions or concerns regarding this Privacy Notice and would like further information about how we protect your information and/or when you want to contact your local Data Protection Officer (DPO), please email us at dataprivacyoffice.rw@mtn.com
100
customercare.rw@mtn.com
customerservice.rw@mtn.com
info@mtn.com
reception.rw@mtn.com
+250788310044
+250 788 310 044 (Sign language)
MTN Centre, KG 9 Ave, Kigali
Monday – Friday
8AM – 9PM
Weekend
9AM – 5PM
MTN (PTY) LTD is an authorised Financial Service Provider, underwritten by Guardrisk Insurance Company. FSP license number: 44774
We use cookies to improve your experience on our website. By browsing this website, you agree to our use of cookies and Data Privacy notice.